Gutanga sadaka y’igitambo

UA-2024-Amakuru-Status-2
previous arrow
next arrow
Shadow

BYATANGIYE RYARI?

Iki gikorwa cyatangiye mu mwaka wa 2023, ubwo cyatwanzwe mu gihugu cya BURUNDI na RWANDA.

KUKI GIKORWA N'IHURIRO RY'INKUNGA?

Iki gikorwa kijyanye n’umugenzo wa kisilamu, kidufasha gusarura ibihembo n’imigisha bibamo hatarebwe gusa ingano y’ibitambo biboneka. Iki ni igikorwa gitanga ibihembo by’ihariye kugitanga ndetse nukibona bikamushimisha. Ariko akarusho ku IHURIRO RY’INKUNGA (UNITED FOR ASSISTANCE) bikaba igikorwa kidufasha kwiga gukorera hamwe.

IMIBARE KU BIJYANYE N'IKI GIKORWA

BIMWE MU BIBAZWA CYANE

Ayam At Tash’reeq ni iminsi itatu ikurikira umunsi wa Eid Al Ad’ha. Ni iminsi igomba kurangwa no kurya no kunywa. Intumwa Muhammad ﷺ yaravuze ati: “Iyi minsi ni iyo kurya no kunywa.” Intumwa yacu Muhammad ﷺ, yabujije (gusiba/kwiyiriza) ubusa ku minsi itanu: – Umunsi wa Eid al-Fitr. – Umunsi wa Eid al-Adha. – N’iminsi itatu ya Tashreeq (Ariyo minsi itatu ikurikira Eid al-Adha). Abamenyi benshi mu by’idini basobanuye ko iri teka nk’itegeko, bivuze ko (Gusiba/Kwiyiriza) bitemewe kuri iyi minsi. Ni iminsi yo kurya no kunywa, iminsi y’ibyishimo kuko ari iminsi y’ikiruhuko, kandi ni iminsi yo kwibuka no gusingiza Imana.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *