Twandikire
Mituweli yo kwivuza ni iki ?
Mituwele ni ubwisungane mu kwivuza mu Rwanda. Ifasha abantu kubona ibikorwa by’ubuvuzi mu bigo by’ubuzima n’amarwariro mu Rwanda. Kugirango ugire ubu bwishingizi, umuryango wawe wose ugomba kuriha bihereye ku kigero cy’ubudehe wabaruriwemo.

Kubera iki Gahunda y’ubuzima ?
Ubuzima bufite umuze bumunga ubushobozi bw’abantu mu kwiteza imbere. Ubukene rero ni impamvu ndetse n’ingaruka y’ubuzima bubi. Akaba ariyo mpamvu ubukene bugenda bwiyongera kubantu baguye muri uwo mutego w’ubuzima bubi.
Intego y’Ihuriro ry’Inkunga (United for Assistance), ni uguha abantu serivisi zibafasha kwivuza turihira abantu bari mu bukene-karande Mituweli zo kwivuza buri mwaka. Ibyo bibafasha kuganya ibibazo bashobora kubamo iyo barwaye, nibura bakabona ubuvuzi butuma ubuzima bwabo n’imiryango yabo butahazaharira.
Iyi Gahunda ikora ite ?
Mituweli igabanyije mu bice bitatu: Imiryango ikize iriha Frw 7,000 ku muntu umwe. Imiryango ifite umutungo uciriritse Frw
Mutuelle subscribers are assigned to one of three categories: high-income households pay Rwf 7,000 a person per year, the middle-income households contribute Rwf 3,000 a person per year, and the less fortunate households whose premiums are paid off by the Rwandan government at Rwf 2,000. All three categories are entitled to the same services. United for Assistance helps individuals who are in category two to buy their mutuelle de santé premiums.
